KANDA HANO UBASHE KUMVA IYI NDIRIMBO


Hano mu Rwanda ntibimenyerewe ko abantu baba hanze bijyanyeyo bahunze ingoma yigitugu yahano mu Rwanda cg se bakaba baravukiye hanze kuberako ababyeyi babo bahunze ubwicanyi bwa FPR niyicwa rubozo sikenshi ko aba bahanzi nyarwanda cyane bigitsinagore baba hanze y’u Rwanda bajya basohora ibihangano byabo hano mu Rwanda. Abesnhi bihitiramo kubitangaza iyo mumahanga baba aho batacibwa Imanza bishingiye kumiterere yabo naho ababyeyi babo bakomokaga. 

Uyu mwali witwa MECIKA benshi bakundiye uburanga bwe nyuma yuko ashira amawe mumafoto ye hanze kuko abesnhi murubyiruko hano mu Rwanda rwari rumaze kunanizwa nokubona abantu benshi bahora kuri podium ari abantu batibonamo. Ariko uyu mwali urubyiruko rwinshi cyane u rwabakobwa hano mu Rwanda rumwibonamo ndetse rukaba runamusaba ko yagira bwangu agasohora na video ijyanye niyi ndirimbo bakazayitamba k UBUNANI. 

Aba bahanzi bombi rero MECIKA na IZZO babarizwa kumugabane w’I Burayi ikaba ari indirimbo bise “Turangije Umwaka” bahise banayitura abanyarwanda bose muri rusange babifuriza umwaka mushya muhire wa 2015. ngaho nawe ihere amaso aya mafoto yuyu mwali wumunyarwanda usanzwe alirimbira mu gihugu cyuburayi.
numukobwa bigaragara ko afite uburanga nubwenge  andi akaba akunda u rwanda nabanyarwanda aho bava bakagera
numukobwa bigaragara ko nuburanga ntakibazo abufiteho

uyu nimwe MECIKA uherutse gutura abanyarwanda indirimbo yumwaka mushya wa 2015. Natwe hano kubinyamakuru bya RWANDA ONLINE NEWS tumwifurije umwaka mwiza wa 2015 kandi uzamubere uwamata nubuki.